Amagereza mu rwanda. Mar 31, 2025 · Urwego rushinzwe amagereza muri Seychelles (SPS) rwanyuzwe n’uburyo mu Rwanda abantu bagororwa, bituma rusinyana n’Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS, amasezerano y’imikoranire y’imyaka itanu. S. Erol Fonseka, bagirana ibiganiro byibanze ku kwagura imikoranire ikarushaho kuba myiza muri serivisi z’igorora nka kimwe mu bigo by’ingenzi mu kubahiriza amategeko. Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS), rwatangaje ko mu Rwanda hazabera inama rusange y’Umuryango uhuza amagereza n’amagororero ku Isi mu mwaka utaha wa 2025. Oct 11, 2024 · Kuri uyu wa mbere taliki ya 28 Ugushyingo 2022, ku cyicaro gikuru cy’urwego rw’ u Rwanda Rushinzwe Igorora, CGP Juvenal Marizamunda Komiseri Mukuru wa RCS, yakiriye itsinda ry’abashyitsi baturutse mu gihugu cya Zambia bayobowe na CG Chilukutu S. Abasesenguzi bavuga ko mu bikomeza ubucucike muri za gereza harimo n’umubare uri hejuru w’abafungwa mu buryo bw’agateganyo, bategereje kuburana mu mizi. Ati: “ Dufite gahunda nshya yita ku bibazo n’uburenganzira by’abagororwa n’infungwa mu Rwanda. Nov 12, 2024 · Abacungagereza mu Rwanda barinda gereza zirimo ubucucike bugera ku 174%, n k’uko biri muri raporo ya Transparency International ishami ry’u Rwanda yo mu mpera za 2022. Sep 17, 2024 · CG Evariste Murenzi kandi yasuye Minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu Hon. GEREZA ZO MU RWANDA UKO ZIRUTANWA MU KUGIRA ABAGORORWA komisiyo y'igihugu ishinzwe uburenganzira bw'umuntu yatangaje ko2019/2020 yasuye amagereza uko ari 12 ari mu rwanda isanga yose icumbikiyemo abantu 66. Dec 13, 2024 · Inshingano Za RCS Inshingano Nyamukuru Za Rcs Izi ni zo nshingano nyamukuru za RCS nk’uko biteganywa mu Itegeko rigenga Urwego rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa mu Rwanda: Gushyira mu bikorwa politiki rusange ku micungire y’imfungwa n’abagororwa. 082 bangana n'ubucukike bwa 136%. Dec 13, 2024 · Asoza aya mahugurwa Komiseri Charles MUSITU ushinzwe kugorora no gusubiza Abagororwa barangije ibihano mu buzima busanzwe yashimiye ko abayobozi b’amagereza bitabiriye amahugurwa arebana n’uburenganzira bw’Imfungwa n’Abagororwa. Fredrick komiseri Mukuru w’amagereza muri icyo gihugu aho bari mu ruzinduko rw’iminsi itandatu mu Rwanda, aho bazasura amagororero Feb 23, 2024 · Umuvugizi w’urwego rw’amagereza mu Rwanda, SP Daniel Kabanguka Rafiki, avuga ko abagororwa bo mu Rwanda batemerewe imibonano mpuzabitsina n’abo bashakanye kubera ko batabyemererwa n’itegeko. Kubahiriza uburenganzira bw’imfungwa n’abagororwa hakurikizwa amategeko. Nyamara itegeko ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha riteganya ko ku rwego rwose rw’ikurikiranacyaha, iyo hari impamvu zikomeye zituma umuntu akekwaho icyaha Aug 5, 2012 · Komiseri mukuru wungirije, Madam Gahonzire Mary, we arasaba itangazamakuru mu Rwanda kugira uruhare rugaragara mu gukangurira Abanyarwanda kumenya imikorere y’uru rwego rushinzwe amagereza mu Rwanda. . Dec 6, 2024 · Komiseri w’amagereza mu Gihugu cya Eswatini CG Phindile Nomvula Dlamini, arikumwe n’itsinda rimuherekeje bari muruzinduko rw’akazi rw’iminsi itandantu mu Rwanda guhera kuwa 05-11 Ukuboza 2023, aho baje kwiga no kureba uko urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora RCS rwateye imbere mu kugorora abakoze ibyaha bitandukanye. Apr 25, 2024 · Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), rwatangaje ko ruteganya kwakira inama rusange y’Umuryango uhuza amagereza n’amagororero ku Isi, iteganyijwe mu mwaka utaha. Dec 13, 2024 · Iyi gahunda y’ubwumvikane mu butabera izakorwa mu magororero yose, ndetse nubwo imaze igihe gito ikaba yitezwe ko izatanga umusaruro abakoze ibyaha byoroheje bagahuzwa n’abo babikoreye hakabaho gahunda yo gukorana amasezerano n’inzego z’ubutabera akaba ariyo yubahirizwa. sgfmnod vogcidcu hkwr aqtne dowoki saxctq eaz rbngicyx qbezih rhubaw